Testi

Guhiga amafaranga Ngo mbeho ubuzima bwiza Sinarangije amashuli Sinasezeye ababyeyi Cherie wanjye ntiyamenye aho narengeye (Ariko) I kigali ntibajyayo amara masa Nta gishoro nta nicyo waronka Naraye amajoro hirya ni hino (Biranga) Mba umuyede i batsinda ngo mbone amaramuko (Nabyo biranga) *Chorus: Hallo, maman waramutse ute Ko njyewe amaramuko yanze O mama Hallo, maman ese muraho murakoma Urukumbuzi rwo ni rwinshi (Ubabwire uti yambi) Wowoo (Ubabwire uti yambi) Woooo (Ubabwire uti yambi) *Verse2: Nageze i kigali nsanga ibintu ari danger Kubaho ari hatari imibereho ni kwa jeux Abantu ni ba nyamwigendaho Kubona ugufasha ni tombola Iby'ino si nk'ibyiwacu (Namenye yuko) I kigali ntibajyayo amara masa Nta gishoro nta nicyo waronka Naraye amajoro hirya ni hino (Biranga) Mba umuyede i batsinda ngo mbone amaramuko (Nabyo biranga) *Chorus: Hallo, maman waramutse ute Ko njyewe amaramuko yanze O mama Hallo, maman ese muraho murakoma Urukumbuzi rwo ni rwinshi (Ubabwire uti yambi) Wowoo (Ubabwire uti yambi) Woooo (Ubabwire uti yambi). Cherie wanjye nasize we (Ubabwire uti yambi) Ba bana twakuranye (Ubabwire uti yambi) Wouwooo (Ubabwire uti yambi) Woooo (Ubabwire uti yambi)
Writer(s): Amalon Amalon Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out