Слова

1-Chris: Maze igihe nkubona Buri gihe uko nsohotse Ubyina wenyine Ese n'iki kibigutera Ko hari abasore benshi Bifuza kubyinana nawe Ukabananira Ese n'iki kibigutera Iri joro niyemeje kugerageza Kugerageza amahirwe Maze nka kwegeraaah -Chris: (Iri joro ninjye nawe Oya si nkuva iruhande Ncaka kubyina unyegereye)2 2-Danny: Ri joro ninjye nawe Murw'imisozi igihumbi Ntawe uhwanye nawe Ubushize wagiye Ncakaka kubyinana nawe Gusa iri joro nasinye kubyina Arinjye nawe Uransekera, uramurikira, ndagukurikira Uranyegera, urandirimbira, ndakwerekera Abaza kuza, baza bavuga, Ubacishe ahandi Kubima amatwi tubigire intwaro ku itabaro Uvuga avuge uvugwa yigariyee.eeh Yigaramiyee.eh Nabonye mu rukundo habamo Utuyira twinci, izindi zose Kuri njyewe zirafunganye Iyerekeza iwawe gusa niyo itunganye (Chorus)... 3: Chris Ncaka kumenya niba koko Utazi kubyina cg se bakubyinisha nabi (Chorus)... (End)
Writer(s): Joseph Masengesho, Jezelle M Evans Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out