Lyrics

Ingumuntera zinterimisonga Ndagukunda nubwo untera agahinda ndagukunda niyo wanshira mumaso nzahora ngukunda. Urukundo ngukunda ni nkivu Ntabasha narimwe kwihandura urumwerukumbi Umwe rukumbi mumagara menshyi Urumwe rukumbi rumwe rukumbi rumwe rukumbi mumagara menshyi Kukwikuramo sinabigerageza hoya Kukwibagirwa byo ntibibaho nfite ikimenyetso kumutima wanjye kidateze namba kuza sibangana hoya Niyo mpamvu ngukunda Numva wamporiruhande ingumuntera zinterimisonga Ndagukunda nubwuntera agahinda Ndagukunda niyo wa ncira mumaso nzahora ngukunda urukundo ngukunda ninkingwa ntabasha narimwe kwihandura urumwe rukumbi rumwe rukumbi rumwe rukumbi mumagara menshi Urumwe rukumbi runwe rukumbi rumwe rukumbi. Mumagara menshi Aha ndabizi kunkunda kandi nanjye nuko kudateza impvu ntago tugwa mubishuko igihe cyose tuburana mba nabigambiriye mbona isaha ishije ngata nurwo niybariye Mbabarira kuba nguteze amarira ibyo sinabi hakanira nananirahirira Walahi awuzubirayi sinzigera nongera kuteza amarira igihe kirageze kwibyamama biahira Nkareka ibyo kuza njaranjara mumayira nkurunziza agusurira muryanye ndumiwe nokuba nkubabaza tubanye aha kuki arinjyewe uguhogoza nakabaye nguhoza amaso nagatumye areba kuki nyatokoza (a) ibingomba kubisoza a. Ibingba kubisoza
Writer(s): Joseph Masengesho, Jezelle M Evans Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out