Lyrics

Rappers ko duhora muri hustle muba murihe Muba murihe he We Twubahwe Ibyo dukora ko binyura benshi biba murihe Biba murihe we Twubahwe Kopfora rimwe ndakurya coup Vuga su, ndasura turya amashu Uvuga ubusutwa busa ubutu ntuzi stu uri kimwe na manibu Imyumvire yanyu mbabwize truth iri full ipakiye imesa n'ifu Fool You know that I'm coming through Better move ushaka ndamuha two Rap star Flag namanitse rasta baravuga No muri chapter biravugwa Ko mbikoze right time nigga cuba Writer Tracks njye nziguha faster nkuhabura Nsinyira cash pa nigga mbura Nunashaka verse yanjye uragura Twubahwe, sibyo big Zii Ndi KMK nka Young Gotti High respect OG Kuva long time tubikora don't fuck with us Hasi nagushira don't try me cuz Nigga ndi street ndi cash ndi verse Nigga don't fuck with us Ijana murindi ubusanzwe niko ndi Zilha arabizi Simpereza money Izi street ndi king dufitanye story Zirenze izo mfitanye na ma shawty Imiziki Ishinura amashumi Call zi Inkumi nk'ibihumbi Icumi Kinyatrap mw'ishusho y'isuri. Kuruhande ncigatiye urumuri Muri trench tuvukana ibizima Iyi verse iraryana kubukana Bw'inyamanswa yatawe ikomongana Ndi ku mitwe ya list musohora Ntana respect ubu nkeneye Buri pull up inan... zi zi zi Ubuzima bw'imbobo y'umukire Bwubahwe maze busingizwe Rappers ko duhora muri hustle muba murihe Muba murihe he Twubahwe Ibyo dukora ko binyura benshi biba murihe Biba murihe we Twubahwe Zilha Boi k'li Yubahwe Ish krii paa Yubahwe Tune sick sick Bush Trizzie B-Threy Mapy K Shot Bubahwe Paco Tash na Yubahwe Pro Zed na Yubahwe Dizo last na Kina beat na Danny beat yeah Bubahwe Ka Ish mbatoze gutekereza Mbakize nka dose ya phenergan Naje mbakoremo akazi mbasibire byose murushye gutegereza Gereza code yabaye umusani ngo nih'ubu tujya guseberezwa Nabimye na pause ubu mbaye shitani ngo kub'iyi ngom'ibasesereza Ngo nambutse border ntabyemererwa Ubu wumve ngo nkora baperereza Gusa biragoye kugabanya speed mba ndiho bahora bakerereza Nakatiye inyonga ubu nta gahato ndi ku rwego ntakiri kubembereza Twaje dukomeye bidasubirwaho ni kuzindi level bahengereza Ndubashywe Ibyishwe n'isuri ndabyubatse Mbese umu drill yankunze ate Nimufate umuziki ubapfumbate Niwaneza niwanee Niwaneza niwanee Ndahiga ibishoro ndatwika izi nkono Ntawumpa ukuboko ndi solo Aba opps bari funny, crazy barota kuzananyicira n' isoko Njye nizera muri njye na Rurema, Abandi bose bo ni toto Gang gang yo ni Bro Code Mpora kuri drip, muri sauce mode Izi EP, n'izi mixtapes Nshaka real check, nizo respect zirakwiye nigga Iyi hustle iri too real ariko tubatwika twikinira Ntukambonemo swing nigga Ntunyishinge utazizira My old folks want a pic nigga Ntamwanya nkigira wo kwinginga Fuck Fuck nigga nimba utibuka Uyu munsi ho ndi kare n'ibigwi Calme udaturika, ntacyo njye panga ubu n'igitsi Have utazana mukaso Ukagotwa nkamumena amaso Izi bitch zikeneye platform Zitazi kumesa amakariso Nahindutse urwirungu Umutwe wabaye nk'icyugu Roza atubeshya ngo afite isupu Ndagotwa gato nisabira mungu Aba ni abahungu Baza kw'isi bafite iturufu Bakora hasi nink'umukungugu I swear to God oui oui oui Twinjiye ukwabuki Bogenge nkizo nzitera intoki Munsi y'umutumba mu rutoki Ntiwatwika inzu ngo unahishe umwotsi Twinjiye ukwabuki Bogenge nkizo nzitera intoki Munsi y'umutumba mu rutoki Ntiwatwika inzu ngo unahishe umwotsi Ngo izi EP, ngo izi Ah Turakora ijoro n'amanywa ariko ntituzwi na Ah Ngo izi EP, ngo izi Ah Turakora ijoro n'amanywa arikoo
Writer(s): Ismael Kavugwa Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out