Lyrics

Navuga ineza yawe nka gute Mwami wanjye Navuga imbabazi zawe nyinshi gute Mana Ubuntu bwawe Yesu we burampagije Ibyo ukora byose Mana biranezeza Sinabona amagambo mbivugamo Singutije umutima ahubwo ndawuguhaye Ndetse n'umubiri wanjye Mana wukoreshe Nzakubonera umwanya igihe cyose unshatse Kuko wankunze cyane Kandi utazandeka Nzakubonera umwanya igihe cyose unshatse Kuko wankunze cyane kandi utazandeka Singutije umutima ahubwo ndawuguhaye Ndetse n'umubiri wanjye Mana wukoreshe Nzakubonera umwanya igihe cyose unshatse Kuko wankunze cyane Kandi utazandeka Nzakubonera umwanya igihe cyose unshatse Kuko wankunze cyane kandi utazandeka Hari indirimbo zitazashira Indirimbo z'amashimwe Ibyo ukora biranezeza Hari indirimbo zitazashira Indirimbo z'amashimwe Ibyo ukora biranezeza
Writer(s): Alexis Ntwali Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out