歌词

Ese ngire nte? Mana yange ngire nte? Njye ndumva naniwe Ko mbona ibintu byose byabaye uruvange Ndarira, Ndigunga nkarira ntawampoza amarira, aah Am gonna be alright Iyo ndebye mu ndorerwamo Uwo mbona siwe niyumvamo Abigira beza bakanyihishamo Mba mbona nzanabigwamo Use your head use your mind Wikwita kuba gutesha umwanya Any day, any time Trust me the light is gonna shine Ibiba byose n'i imipango y' Imana Don't let a man put you under (habe n'umwe) Yabishatse wachillinga na Rihanna na Rihanna na na Njye sinzatuma Amarira agera naho ashira Iminsi ntisa isiga ubusa Iminsi ntisa isiga ubusa Njye sinzatuma Amarira agera naho ashira Iminsi ntisa isiga ubusa Iminsi ntisa isiga ubusa Aah aah aah Aah ouuh aah Uwari umwana yabaye umukambwe Uwanze amatage yararigise Ibintu byabaye ingume Bibabaza buri umwe bidasize n' abakwe Oh Mana be at my side Sinzatabaruke amaramasa Mpora mbirwanya Nubwo hari byinshi bikimbera ibamba Ibiba byose n imipango y'Imana Don't let a man put you under Yabishatse wachillinga na Rihanna na Rihanna na na Njye sinzatuma Amarira agera naho ashira Iminsi ntisa isiga ubusa Iminsi ntisa isiga ubusa Njye sinzatuma Amarira agera naho ashira Iminsi ntisa isiga ubusa Iminsi ntisa isiga ubusa Bizagenda biza Aah aah aah Aah ouuh aah (Bizagenda bizaa Humura, don't give up) Bizagenda biza Knox on the beat waguan Amalon you know that I'm theyou're one Ibiba byose n'imipango y'Imana Don't let a man put you under Iyabishatse wachillinga na Rihanna na Rihanna na na
Writer(s): Amani Bizimana Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out