歌詞

Nsanga Ndiheza ntaho nibasirwa Tinda Igihe ntakibazo tinda Ndeba Mu maso ngaho ndeba Ntacyo yaguhisha reba ikiba k'umutima wanjye Mbwira Mugihe uzumva bikugora Nzaza Nihabi ndahabna Gusa Nzaza Nz'agaciro k'icy'utunga Nubwo ntak'ubona Nzakujyana aho gacana Bwambere nkubona nibwo bwambere narumenyaga Kenshi nibazaga ah'amaranga-nkundo yanjye atura Niwowe mubitsi wayo Nihanganye cyera numva ntacyo nzaba ntaruraza Niga ko nabandi nkanjye ntacyo bumva cyabahanda Nyuma nkibuka ko buno buzima tubaho rimwe Kandi mfite byinshi nshaka kumva niyo byaba rimwe Ninjye wiziraga mfuga ah'umutima wanjye uvoma Ni kenshi byari kuba nti nkubone Ariko nkeka k'iyo Mana yanjye ikunda abarushakashaka Mba nakubonye bwambere agatima kati ndamushaka Nyumva nanjye icyo nkubasaba ndagusaba mama ng'uzu Nsanga Ndiheza ntaho nibasirwa Tinda Igihe ntakibazo tinda Ndeba Mu maso ngaho ndeba Ntacyo yaguhisha reba ikiba k'umutima wanjye Mbwira Mugihe uzumva bikugora Nzaza Nihabi ndahabna Gusa Nzaza Nz'agaciro k'icy'utunga Nubwo ntak'ubona Nzakujyana aho gacana Nsanga Ndiheza ntaho nibasirwa Tinda Igihe ntakibazo tinda Ndeba Mu maso ngaho ndeba Ntacyo yaguhisha reba ikiba k'umutima wanjye Mbwira Mugihe uzumva bikugora Nzaza Nihabi ndahabna Gusa Nzaza Nz'agaciro k'icy'utunga Nubwo ntak'ubona Nzakujyana aho gacana Nsanga Ndiheza ntaho nibasirwa Tinda Igihe ntakibazo tinda Ndeba Mu maso ngaho ndeba Ntacyo yaguhisha reba ikiba k'umutima wanjye Mbwira Mugihe uzumva bikugora Nzaza Nihabi ndahabna Gusa Nzaza Nz'agaciro k'icy'utunga Nubwo ntak'ubona Nzakujyana aho gacana
Writer(s): Denis Karenzi Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out