Lyrics

Kuva ubu Kugeza kw'iherezo ry'ubu buzima Uzahora uri uwa mbere Ntawuza kuza imbere. Ibibazo byose bizaza, Ingorane tuzanyuramoo Byose tuzabisangira, Kuko ubu tubaye umwe Ndabyemeye Yah Yah Ndabyemeye Yah Yah Ndabyemeye Yuuh Iyeeh Tuzasangira ibyishimo ndetse n'agahinda Incuti dusangire n'abanzii Nta wuzakwanga ngo ansigee Iyeeh Mugihe ngihumeka Umutima ugitera ntuzumva uri wenyine Ndarahiye, Imbere y'imana N'imbere y'abantu Iri ni isezerano ritavaho Ndabyemeye Kuva ubu Kugeza kw'iherezo ry'ubu buzima Uzahora uri uwa mbere Ntawuza kuza imbere Ibibazo byose bizaza, Ingorane tuzanyuramoo Byose tuzabisangira, Kuko ubu tubaye umwe ndabyemeye Yah Yah Ndabyemeye Yah Yah Ndabyemeye Yuuh Iyeeh Numpamagara nzitaba Nutera nzakwikirizaa No mu mwijima numpamagara uzanyumva Mugihe ngihumeka, umutima ugitera Ntuzigera wicuza umwanya wawe wampaye Ndarahiye, Imbere y'imana N'imbere y'abantu Iri ni isezerano ritavaho Kuva ubu Kugeza kw'iherezo ry'ubu buzima Uzahora uri uwa mbere Ntawuza kuza imbere Ibibazo byose bizaza, Ingorane tuzanyuramoo Byose tuzabisangira, Kuko ubu tubaye umwe Ndabyemeye Yah Yah Ndabyemeye Yah Yah Ndabyemeye Yuuh Iyeeh Nzahaba ubabaye, mpabe wishimye Amarira nashoka Nzaba uwa mbere kuguhoza Nibiba ngombwa turirane Kuko turi umwee Kuva ubu Kugeza kw'iherezo ry'ubu buzima Uzahora uri uwa mbere Ntawuza kuza imbere Ibibazo byose bizaza, Ingorane tuzanyuramoo Byose tuzabisangira, Kuko ubu tubaye umwe ndabyemeye Yah Yah Ndabyemeye Yah Yah Ndabyemeye Ndabyemeye Ndabyemeye Uhh Uhh Yuuh Iyeeh
Writer(s): Muneza Christopher Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out